Dr Gaspard Ntahonkiriye yibanda ku ndirimbo gakondo z’umuco w’Ikirundi, igicurangisho yifashisha akaba ari inanga ndetse n’ikinanda (armonica).
Hari abaganga tuzi bakora sports zikomeye, kandi nta kwibeshya ko mu gihe ukunda umuziki byakubuza…
Patrick, Budensiyana na Nadine, Abakurikirana ikinamico Urunana bazi cyane Budensiyana ukinamo acisha make gusa agahura n’ibibazo by’ubuzima ntagire n’amahirwe mu rukundo.
November 14, 2024By:Adminari muri studio gira icyo umubaza cg umubwira.Budensiyana ntashaka kugenda n'amaguru kuko yari amenyereye imodoka. Ubu ari kubwira umugabo ko bagura imodoka yabo.Kurikira Ikinamico Urunana kuri Radio Rwanda buri ku wa gatandatu no ku cyumweru saa moya na mirongo ine n'itanu z'umugorobaMurekatete Mariam azwi nka Budensiyana mu ikinamico Urunana0Comments
Ati “Amazina yanjye asanzwe asa nk’amaze kwibagirana, bakoresha Budensiyana ubu. Abo tubana, abaturanyi […] muri…
Miss Rwanda Nshuti Muheto Divine yaburanye, Yahakanye ko atahunze akimara gukora impanuka ari nayo mpamvu atemera icyo cyaha cyo kugonga ibikorwaremezo agahunga.
November 12, 2024By:Adminasimbuye Miss Rwanda 2021Ingabire Grace.Miss Rwanda Nshuti Muheto DivineNshuti Divine Muheto yabaye Nyampinga w’u Rwanda mu 20220Comments
Yabanje guhakana ko atari we wari utwaye. Si ubwa mbere atwaye yasinze kuko mu 2023…
Erixon Kabera, ukomoka mu Rwanda yishwe ku wa gatandatu arashwe n’abapolisi muri Canada, umugore bashakanye Lydia Nimbeshaho avuga ko bifuza ubutabera, kandi bashaka ko ukuri kose ku buryo Kabera yishwe gushyirwa ahagaragara.
November 12, 2024By:Adminati: “Baramwishe. Nta mbunda yagiraga”avuga ko Erixon Kabera atabarasheErixon Kabera na Lydia NimbeshahoLydia Nimbeshahoumuvuzi w’indwara zo mu mutwe wifashisha ibiganiro n’ubujyanama (Psychotherapist)0Comments
“Njyewe naramubonye mbere y’uko umwuka umushiramo burundu, uburyo bamwishemo, bamwishe nk’inyamaswa. “Amakuru aturakaje twese ni…
Muri Afrika, abagore benshi baratinya kuvuga ivyerekeye amabanga mpuzabitsina kubera ari ikinyegezwa mu mibano, Guhuza ibitsina : “Hari abagabo bibaza ko nsoba mu gitanda” – Ingeneye , umugore w’iriba, umugore unyara cyane
November 8, 2024By:Adminku bandi ugasanga ni mebshi cane. Abagore basohora menshi rimwe rimwe birabatera amasoni.Uko umugore asohora amazi mu gihe c'imibonano mpuzabitsina bigenda bitandukana kuri uyu canke uriya. Kuri bamwe bamwe ntibinagaragara0Comments
Gusohora ku mugore rero n'ukurekura amazi mu gihe yegereje canke mu gihe co kurangiza. Birashoboka…
Patrick, Budensiyana na Nadine, Abakurikirana ikinamico Urunana bazi cyane Budensiyana ukinamo acisha make gusa agahura n’ibibazo by’ubuzima ntagire n’amahirwe mu rukundo.
November 14, 2024AdminBlog,Newsari muri studio gira icyo umubaza cg umubwira.,Budensiyana ntashaka kugenda n'amaguru kuko yari amenyereye imodoka. Ubu ari kubwira umugabo ko bagura imodoka yabo.,Kurikira Ikinamico Urunana kuri Radio Rwanda buri ku wa gatandatu no ku cyumweru saa moya na mirongo ine n'itanu z'umugoroba,Murekatete Mariam azwi nka Budensiyana mu ikinamico Urunana(0)
Ati “Amazina yanjye asanzwe asa nk’amaze kwibagirana, bakoresha Budensiyana ubu. Abo tubana, abaturanyi muri...
Read More